Igiterane cy'abari n'abategarugori gitegurwa na Lord's Light Fellowship (LLF) kikaba kiba buri mwaka, umwaka wa 2013 byo bikaba byari byiza cyane aho abavugabutumwa baturutse muri USA baje bazanye byishi byahinduye imyumvire ndetse n'imyitwarire, impuguro , impanuro ndetse no gutera ingufu abakobwa bakiri bato gukorera Imana ndetse no kwigana Umwete kugirango babe abantu b'ingira kamaro.
mw'ijambo rigufi buri mwe wese yajya yibuka nuko bagira umwete,umurava,gukora cyane ''INTARE Y'INGORE'' iri jambo rikaba rikomeye cyane kuko intare y'ingore aho iryamye ibyana byayo biba bitekanye. muri buri kimwe rero abari bafite ubushobozi nk'ubw'intare y'ingore.
aha rero abantu beshi bakaba barungutse byishi kuko uretse abari n'abategarugori n'abagabo bagize umwanya aho iminsi ibiri abantu bose bashoboye kwitabira igiterane.
aha hakaba haratimiwe abantu batandukanye baturutse mu mpande zose z'ubuhinde bakaza kumva impuguro zikubiye mw'ijambo ry'Imana.aha kandi bikaba byaragaragaye ko abari n'abategarugori nabo bashobora kwamamza Kristo mumbaraga zabo kuko ibi byateguwe n'abari bo muri LLF kandi bigenda neza cyane.
kuramya no guhimbaza Imana
amafoto
Itorero ryose ry'itabiriye iki giterane
umuvugabutumwa Esther Nyiransabimana kuva USA
Jan leading worship time in chennai
abashyitsi babashije kubonana n'abatuye igihugu
ushaka kutwandikira wakoresha Email: lordslightcoordinator@gmail.com